22-28 Gicurasi
2 IBYO KU NGOMA 25-27
Indirimbo ya 80 n’isengesho
Amagambo yo gutangira (Umun. 1)
UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA
“Yehova afite ubushobozi bwo kuguha n’ibirenze ibyo”: (Imin. 10)
Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 10)
2Ng 26:4, 5—Ibyabaye kuri Uziya bitwereka bite akamaro ko kugira umuntu udufasha gufata imyanzuro myiza? (w07 15/12 10 par. 1-2)
Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru byakwigishije iki kuri Yehova, ku murimo wo kubwiriza n’ibindi?
Gusoma Bibiliya: (Imin. 4) 2Ng 25:1-13 (th ingingo ya 12)
JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA
Kuganira n’umuntu bwa mbere: (Imin. 3) Koresha ingingo yavuzweho mu buryo bwo gutangiza ibiganiro. Hanyuma ubwire nyiri inzu ko twigisha abantu Bibiliya, kandi umuhe agakarita kavuga ngo: “Kwiga Bibiliya ku buntu.” (th ingingo ya 2)
Gusubira gusura: (Imin. 4) Koresha ingingo yavuzweho mu buryo bwo gutangiza ibiganiro. Hanyuma ubwire nyiri inzu ibirebana n’urubuga rwacu kandi umuhe agakarita ka jw.org. (th ingingo ya 15)
Icyigisho cya Bibiliya: (Imin. 5) lff isomo rya 10 amagambo abanza, ingingo ya 1-3 (th ingingo ya 3)
IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO
Ntacyo tutakwigomwa ku bw’ubuzima bw’iteka (Mr 10:29, 30): (Imin. 15) Ikiganiro. Erekana iyo videwo. Hanyuma ubaze abateze amatwi uti: “Isezerano Yesu yatanze riri muri Mariko 10:29, 30 ridushishikariza gukora iki? Yesu yakoze iki igihe abavandimwe be batahitaga bamwizera? Dukwiriye kubona dute bene wacu batari Abahamya?”
Icyigisho cya Bibiliya cy’Itorero: (Imin. 30) lff isomo rya 46
Amagambo yo gusoza (Imin. 3)
Indirimbo ya 51 n’isengesho