Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

11-17 Mata

YOBU 21-27

11-17 Mata
  • Indirimbo ya 83 n’isengesho

  • Amagambo yo gutangira (Imin. 3 cg itagezeho)

UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA

JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA

  • Kuganira n’umuntu ku ncuro ya mbere: g16.2, ku gifubiko​—Shyiraho urufatiro rwo gusubira gusura. (Imin. 2 cg itagezeho)

  • Gusubira gusura: g16.2, ku gifubiko​—Shyiraho urufatiro rwo gusubira gusura. (Imin. 4 cg itagezeho)

  • Icyigisho cya Bibiliya: bh 145 ¶3-4 (Imin. 6 cg itagezeho)

IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO

  • Indirimbo ya 129

  • Si ngombwa ko urwana n’abashaka kukunnyuzura: (Imin. 15) Ikiganiro. Erekana videwo ishushanyije y’abakiri bato ifite umutwe uvuga ngo Si ngombwa ko urwana n’abashaka kukunnyuzura. (Jya kuri jw.org, urebe ahanditse ngo INYIGISHO ZA BIBILIYA > URUBYIRUKO.) Nyuma yaho, muganire ku bibazo bikurikira: Kuki abantu bannyuzura abandi? Ni izihe ngaruka zo kunnyuzura? Wahangana ute n’abashaka kukunnyuzura, cyangwa se ni iki wakora kugira ngo ubyirinde? Mu gihe bakunnyuzuye ni nde wagombye kubibwira? Wibutse abateranye ibivugwa mu gitabo Ibibazo urubyiruko rwibaza, Umubumbe wa 2, igice cya 14.

  • Icyigisho cya Bibiliya cy’Itorero: ia igice cya 13 ¶1-12 (Imin. 30)

  • Isubiramo no kuvuga muri make ibyo muziga mu cyumweru gitaha (Imin. 3)

  • Indirimbo ya 23 n’isengesho