Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

1-7 Mata

1 ABAKORINTO 7-9

1-7 Mata

UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA

  • Impano y’ubuseribateri”: (Imin. 10)

    • 1Kr 7:32—Abaseribateri bashobora gukora byinshi mu murimo wa Yehova kuko baba badafite inshingano nyinshi nk’iz’abashatse (w11 15/1 18 par. 3)

    • 1Kr 7:33, 34—Abakristo bashatse ‘bahangayikishwa n’iby’isi’ (w08 15/7 27 par. 1)

    • 1Kr 7:37, 38—Abakristo bahitamo kudashaka kugira ngo bakore byinshi mu murimo wa Yehova, baba ‘bakoze neza kurusha’ Abakristo bashatse (w96 1/11 8-9 par. 14)

  • Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 8)

    • 1Kr 7:11—Ni iyihe mimerere ishobora gutuma Umukristo yahukana? (lvs 251)

    • 1Kr 7:36—Kuki Abakristo bagomba gushaka ari uko ‘barenze igihe cy’amabyiruka’? (w00 15/7 31 par. 2)

    • Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru bikwigisha iki kuri Yehova?

    • Ni ibihe bintu bindi by’agaciro wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru?

  • Gusoma Bibiliya: (Imin. 4 cg itagezeho) 1Kr 8:1-13 (th ingingo ya 5)

JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA

IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO

  • Indirimbo ya 37

  • Koresha neza ubuseribateri bwawe: (Imin. 15) Erekana iyo videwo. Hanyuma ubaze ibibazo bikurikira: Ni iyihe ngorane abaseribateri benshi bahura na yo (1Kr 7:39)? Ni mu buhe buryo umukobwa wa Yefuta ari urugero rwiza? Ni iki Yehova aha abakomeza kugendera mu gukiranuka (Zb 84:11)? Abagize itorero bashyigikira bate abaseribateri? Ni ibihe bintu bitandukanye Abakristo b’abaseribateri bashobora gukora mu murimo wa Yehova?

  • Ikigisho cya Bibiliya k’Itorero: (Imin. 30) jy igice cya 61

  • Isubiramo no kuvuga muri make ibyo muziga mu cyumweru gitaha (Imin. 3)

  • Indirimbo ya 42 n’isengesho