Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

16-22 Nyakanga

LUKA 10-11

16-22 Nyakanga

UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA

  • Umugani w’Umusamariya mwiza”: (Imin. 10)

    • Lk 10:29-32—Umutambyi n’Umulewi ntibafashije mwene wabo w’Umuyahudi wari wakubiswe n’amabandi [Erekana videwo ivuga ngo: “Inzira iva i Yerusalemu ijya i Yeriko,” videwo, Lk 10:30, nwtsty.] (w02 1/9 16-17 par. 14-15)

    • Lk 10:33-35—Umusamariya yagaragarije urukundo uwo muntu (“Umusamariya,” “apfuka inguma ze, azisukaho amavuta na divayi,” “icumbi,” ibisobanuro, Lk 10:33, 34, nwtsty)

    • Lk 10:36, 37—Twagombye gukunda abantu bose, aho gukunda gusa abo turi mu rwego rumwe, cyangwa abo duhuje ubwoko cyangwa igihugu (w98 1/7 31 par. 2)

  • Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 8)

    • Lk 10:18—Yesu yerekezaga ku ki igihe yabwiraga abigishwa be 70 ati “nabonye Satani yamaze kugwa ava mu ijuru nk’umurabyo”? (“nabonye Satani yamaze kugwa ava mu ijuru nk’umurabyo,” ibisobanuro, Lk 10:18, nwtsty; w08 15/3 32 par. 1)

    • Lk 11:5-9—Umugani w’umugabo wakomeje gutitiriza utwigisha iki ku birebana n’isengesho? (“ncuti yanjye, nguriza imigati itatu,” “reka kumbuza amahoro,” “yakomeje kumutitiriza,” ibisobanuro, Lk 11:5-9, nwtsty)

    • Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru bikwigisha iki kuri Yehova?

    • Ni ibihe bintu bindi by’agaciro wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru?

  • Gusoma Bibiliya: (Imin. 4 cg itagezeho) Lk 10:1-16

JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA

  • Kuganira n’umuntu ku nshuro ya mbere: (Imin. 2 cg itagezeho) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro, hanyuma utsinde imbogamirabiganiro mukunze guhura na yo mu ifasi yanyu.

  • Gusubira gusura bwa mbere: (Imin. 3 cg itagezeho) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro. Nyiri inzu akubwire ko usanze yatangiye gufata amafunguro.

  • Videwo y’uko wasubira gusura bwa kabiri: (Imin. 5) Erekana iyo videwo hanyuma muyiganireho.

IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO