Tuge tugira ubuntu
Umuntu ugira ubuntu atanga igihe ke, imbaraga ze n’ubutunzi bwe kugira ngo afashe abandi.
-
Inshinga y’Ikigiriki yahinduwemo ‘kugira akamenyero ko gutanga’ igaragaza ko ari igikorwa gikomeza
-
Nitugira akamenyero ko gutanga, abandi bazadusukira mu binyita by’imyenda yacu “urugero rukwiriye, rutsindagiye, rucugushije kandi rusesekaye.” Ayo magambo ashobora kuba yerekeza ku kamenyero abacuruzi bari bafite ko gukuba umwitero ukamera nk’umufuka, bagashyiramo ibyaguzwe