14-20 Kanama
NEHEMIYA 8-9
Indirimbo ya 110 n’isengesho
Amagambo yo gutangira (Umun. 1)
UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA
“‘Ibyishimo Yehova abaha ni byo bibatera imbaraga’”: (Imin. 10)
Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 10)
Gusoma Bibiliya: (Imin. 4) Nh 8:1-12 (th ingingo ya 10)
JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA
Kuganira n’umuntu bwa mbere: (Imin. 3) Koresha ingingo yavuzweho mu buryo bwo gutangiza ibiganiro. Hanyuma uhe nyiri inzu kimwe mu Bikoresho Bidufasha Kwigisha. (th ingingo ya 13)
Gusubira gusura: (Imin. 4) Koresha ingingo yavuzweho mu buryo bwo gutangiza ibiganiro. Hanyuma utumire nyiri inzu mu materaniro kandi muganire kuri videwo ivuga ngo: “Mu Nzu y’Ubwami hakorerwa iki?” nk’aho mumaze kuyireba ariko ntuyimwereke. (th ingingo ya 11)
Icyigisho cya Bibiliya: (Imin. 5) lff isomo rya 11 ingingo ya 5 na uko bamwe babyumva (th ingingo ya 8)
IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO
“Ushobora gutuma abagize umuryango wawe bishima”: (Imin. 15) Ikiganiro na videwo.
Icyigisho cya Bibiliya cy’Itorero: (Imin. 30) lff isomo rya 54
Amagambo yo gusoza (Imin. 3)
Indirimbo ya 123 n’isengesho