Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Ezira asomera abantu Amategeko kandi agasingiza Yehova

UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA

‘Ibyishimo Yehova abaha ni byo bibatera imbaraga’

‘Ibyishimo Yehova abaha ni byo bibatera imbaraga’

Abantu bateraniye hamwe kugira ngo batege amatwi igihe Ezira yasomaga Amategeko (Nh 8:1, 2; w13 15/10 21 par. 2; reba ifoto yo ku gifubiko)

Uwo munsi wari uwo gusenga Yehova bishimye, nticyari igihe cyo kurizwa n’ibyaha bari barakoze (Nh 8:9, 11, 12)

Ibyishimo Yehova aha abagaragu be ni byo bibatera imbaraga (Nh 8:10NWT; w07 15/7 22 par. 9-10)

IBAZE UTI: “Ni iki cyagombye gutuma nishima nubwo mpura n’ibibazo?”