28 Kanama–3 Nzeri
NEHEMIYA 12-13
Indirimbo ya 34 n’isengesho
Amagambo yo gutangira (Umun. 1)
UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA
“Jya ubera Yehova indahemuka mu gihe uhitamo incuti”: (Imin. 10)
Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 10)
Nh 13:10—Ko abaririmbyi bo mu rusengero na bo bari Abalewi, kuki muri uyu murongo babatandukanyije n’abandi Balewi? (it-2 452 par. 9)
Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru byakwigishije iki kuri Yehova, ku murimo wo kubwiriza n’ibindi?
Gusoma Bibiliya: (Imin. 4) Nh 12:27-39 (th ingingo ya 2)
JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA
Kuganira n’umuntu bwa mbere: (Imin. 3) Koresha ingingo yavuzweho mu buryo bwo gutangiza ibiganiro. Hanyuma ubwire nyiri inzu ibirebana n’urubuga rwacu kandi umuhe agakarita ka jw.org. (th ingingo ya 16)
Gusubira gusura: (Imin. 4) Koresha ingingo yavuzweho mu buryo bwo gutangiza ibiganiro. Hanyuma ubwire nyiri inzu ko twigisha abantu Bibiliya, kandi umuhe agakarita kavuga ngo: “Kwiga Bibiliya ku buntu.” (th ingingo ya 3)
Icyigisho cya Bibiliya: (Imin. 5) lff isomo rya 11 incamake, ibibazo by’isubiramo n’icyo wakora (th ingingo ya 20)
IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO
Ibikenewe iwanyu: (Imin. 5)
“Jya wigana urukundo rudahemuka rwa Yehova”: (Imin. 10) Ikiganiro na videwo.
Icyigisho cya Bibiliya cy’Itorero: (Imin. 30) lff isomo rya 55 ingingo ya 5, incamake, ibibazo by’isubiramo n’icyo wakora
Amagambo yo gusoza (Imin. 3)
Indirimbo ya 84 n’isengesho