12-18 Kanama
ZABURI 73-74
Indirimbo ya 36 n’isengesho | Amagambo yo gutangira (Umun. 1)
1. Byagenda bite turamutse tugirira ishyari abantu badakorera Imana?
(Imin. 10)
Dushobora kugirira ishyari abantu badakorera Imana (Zab 73:3-5; w20.12 19 par. 14)
Kwifatanya n’Abakristo bagenzi bacu aho kubitarura, bishobora gutuma duhindura uko twabonaga abantu badakorera Imana (Zab 73:17; Img 18:1; w20.12 19 par. 15-16)
Abantu badakorera Imana bameze nk’abari “ahantu hanyerera”; naho abakorera Imana bo ibahesha “icyubahiro” (Zab 73:18, 19, 24; w14 15/4 4 par. 5; w13 15/2 25-26 par. 3-5)
2. Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana
(Imin. 10)
Zab 74:13, 14—“Lewiyatani” yaba yerekeza kuki? (Reba ku kanyenyeri) (it-2 240)
Ni ibihe bintu by’agaciro wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru wifuza kubwira abandi?
3. Gusoma Bibiliya
(Imin. 4) Zab 74:1-23 (th ingingo ya 10)
4. Gutangiza ikiganiro
(Imin. 3) KUBWIRIZA MU BURYO BUFATIWEHO. Gerageza gushaka uburyo bwo kubwira umuntu muziranye ibintu uherutse kumvira mu materaniro. (lmd isomo rya 2 ingingo ya 4)
5. Gusubira gusura
(Imin. 4) KUBWIRIZA MU RUHAME. Saba umuntu kumwigisha Bibiliya kandi umwereke uko bikorwa. (lmd isomo rya 8 ingingo ya 3)
6. Sobanura imyizerere yawe
(Imin. 5) Disikuru. ijwbq 89—Umutwe: Ese Imana yemera amadini yose? (th ingingo ya 14)
Indirimbo ya 72
7. Ibikenewe iwanyu
(Imin. 15)
8. Icyigisho cya Bibiliya cy’itorero
(Imin. 30) bt igice cya 14 par. 1-6, n’agasanduku ko ku ipaji ya 112