Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

9-15 Nzeri

ZABURI 82-84

9-15 Nzeri

Indirimbo ya 80 n’isengesho | Amagambo yo gutangira (Umun. 1)

UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA

Umwe mu bahungu ba Kora arimo kwitegereza icyari cy’intashya kiri mu mbuga y’urusengero

1. Jya uha agaciro inshingano ufite

(Imin. 10)

Tujye twubaha inshingano dufite (Zab 84:1-3; wp16.6 8 par. 2-3)

Jya wishimira inshingano ufite aho kwibanda ku zo wifuza kugeraho (Zab 84:10; w08 15/7 30 par. 3-4)

Yehova agirira neza abantu bose bamukorera mu budahemuka (Zab 84:11; w20.01 17 par. 12)

Buri nshingano igira ibintu bishobora gutuma uyishimira ikagira n’ibishobora kukugora. Iyo twibanze ku bintu byiza bituma turushaho kwishimira inshingano dufite.

2. Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana

(Imin. 10)

  • Zab 82:3—Kuki ari ngombwa ko abagize itorero bagaragariza “imfubyi” ko bazitayeho kandi ko bazikunda? (it-1 816)

  • Ni ibihe bintu by’agaciro wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru wifuza kubwira abandi?

3. Gusoma Bibiliya

JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA

4. Kwishyira mu mwanya w’abandi—Ibyo Yesu yakoze

(Imin. 7) Ikiganiro. Murebe VIDEWO, maze muganire ku isomo rya 9 ingingo ya 1-2 mu gatabo lmd.

5. Kwishyira mu mwanya w’abandi​—Jya wigana Yesu

IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO

Indirimbo ya 57

6. Ibikenewe iwanyu

(Imin. 15)

7. Icyigisho cya Bibiliya cy’itorero

Amagambo yo gusoza (Imin. 3) | Indirimbo ya 130 n’isengesho