9-15 Nzeri
ZABURI 82-84
Indirimbo ya 80 n’isengesho | Amagambo yo gutangira (Umun. 1)
1. Jya uha agaciro inshingano ufite
(Imin. 10)
Tujye twubaha inshingano dufite (Zab 84:1-3; wp16.6 8 par. 2-3)
Jya wishimira inshingano ufite aho kwibanda ku zo wifuza kugeraho (Zab 84:10; w08 15/7 30 par. 3-4)
Yehova agirira neza abantu bose bamukorera mu budahemuka (Zab 84:11; w20.01 17 par. 12)
Buri nshingano igira ibintu bishobora gutuma uyishimira ikagira n’ibishobora kukugora. Iyo twibanze ku bintu byiza bituma turushaho kwishimira inshingano dufite.
2. Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana
(Imin. 10)
Zab 82:3—Kuki ari ngombwa ko abagize itorero bagaragariza “imfubyi” ko bazitayeho kandi ko bazikunda? (it-1 816)
Ni ibihe bintu by’agaciro wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru wifuza kubwira abandi?
3. Gusoma Bibiliya
(Imin. 4) Zab 82:1–83:18 (th ingingo ya 2)
4. Kwishyira mu mwanya w’abandi—Ibyo Yesu yakoze
(Imin. 7) Ikiganiro. Murebe VIDEWO, maze muganire ku isomo rya 9 ingingo ya 1-2 mu gatabo lmd.
5. Kwishyira mu mwanya w’abandi—Jya wigana Yesu
(Imin. 8) Muganire ku isomo rya 9 ingingo ya 3-5 mu gatabo lmd n’ahanditse ngo: “Reba nanone.”
Indirimbo ya 57
6. Ibikenewe iwanyu
(Imin. 15)
7. Icyigisho cya Bibiliya cy’itorero
(Imin. 30) bt igice cya 15 par. 8-12, n’agasanduku ko ku ipaji ya 118