11-17 Ugushyingo
2 YOHANA 1-13; 3 YOHANA 1-14–YUDA 1-25
Indirimbo ya 128 n’isengesho
Amagambo yo gutangira (Imin. 3 cg itagezeho)
UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA
“Tugomba guhatana kugira ngo tugume mu kuri”: (Imin. 10)
[Erekana videwo ivuga iby’Igitabo cya 2 Yohana.]
[Erekana videwo ivuga iby’Igitabo cya 3 Yohana.]
[Erekana videwo ivuga iby’Igitabo cya Yuda.]
Yd 3—‘Murwanirire cyane ukwizera’ (w04 15/9 11-12 par. 8-9)
Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 8)
Yd 4, 12—Kuki Yuda yagereranyije abantu batubahaga Imana bari baraseseye mu itorero n’“intaza zihishe mu mazi” mu gihe k’‘isangira ryo kugaragarizanya urukundo’? (it-1-F 879, it-2-F 805)
Yd 14, 15—Kuki Henoki yavuze ayo magambo nk’aho yamaze gusohora, kandi se ubwo buhanuzi bwari gusohora bute? (wp17.1 12 par. 1, 3)
Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru bikwigisha iki kuri Yehova?
Ni ibihe bintu bindi by’agaciro wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru?
Gusoma Bibiliya: (Imin. 4 cg itagezeho) 2Yh 1-13 (th ingingo ya 12)
JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA
Videwo y’uko waganira n’umuntu bwa mbere: (Imin. 4) Erekana iyo videwo hanyuma muyiganireho.
Kuganira n’umuntu bwa mbere: (Imin. 2 cg itagezeho) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro. (th ingingo ya 1)
Kuganira n’umuntu bwa mbere: (Imin. 3 cg itagezeho) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro kandi utsinde imbogamirabiganiro mukunze guhura na yo. (th ingingo ya 6)
Kuganira n’umuntu bwa mbere: (Imin. 3 cg itagezeho) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro, hanyuma uhe nyiri inzu agakarita ka jw.org. (th ingingo ya 11)
IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO
Ibikenewe iwanyu: (Imin. 15)
Ikigisho cya Bibiliya k’Itorero: (Imin. 30) jy igice cya 90
Isubiramo no kuvuga muri make ibyo muziga mu cyumweru gitaha (Imin. 3)
Indirimbo ya 147 n’isengesho