Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA | IBYAHISHUWE 10-12

‘Abahamya babiri’ barishwe hanyuma bongera kuba bazima

‘Abahamya babiri’ barishwe hanyuma bongera kuba bazima

11:3-11

  • “Abahamya babiri”: Ni itsinda rito ry’Abakristo basutsweho umwuka bari bayoboye umuryango wacu, igihe Ubwami bw’Imana bwatangiraga gutegeka mu mwaka wa 1914

  • Barishwe: Bamaze kubwiriza imyaka itatu n’igice “bambaye ibigunira,” ‘bishwe’ mu buryo bw’ikigereranyo kuko bafunzwe kandi bagategekwa guhagarika umurimo

  • Bongera kuba bazima: Iminsi itatu n’igice y’ikigereranyo irangiye, bongeye kubaho. Ibyo byabaye igihe bafungurwaga bakongera kuyobora umurimo wo kubwiriza