21-27 Werurwe
YOBU 6-10
Indirimbo ya 68 n’isengesho
Amagambo yo gutangira (Imin. 3 cg itagezeho)
UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA
“Umukiranutsi Yobu yagaragaje agahinda yari afite”: (Imin. 10)
Yobu 6:1-3, 9, 10, 26; 7:11, 16
—Ibyo abantu bavuga bafite agahinda, bishobora kuba bitandukanye cyane n’ibibari ku mutima (w13 15/8 19 ¶7; w13 15/5 22 ¶13) Yobu 9:20-22—Yobu yibwiraga ko kuba yarizeraga Imana nta cyo byari bimaze (w15 1/7 12 ¶2)
Yobu 10:12—Yobu yakomeje kuvuga Yehova neza, ndetse n’igihe yari ahanganye n’ibigeragezo bikaze (w09 15/4 7 ¶18; w09 15/4 10 ¶13)
Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 8)
Yobu 6:14—Yobu yagaragaje ate akamaro k’urukundo rudahemuka (w10 15/11 32 ¶20)?
Yobu 7:9, 10; 10:21—Niba Yobu yarizeraga umuzuko wo mu gihe kizaza, kuki yavuze amagambo aboneka muri iyi mirongo (w06 15/3 14 ¶10)?
Ni iki ibyo nasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru binyigisha ku byerekeye Yehova?
Ni ibihe bitekerezo nasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru nakwifashisha mu murimo wo kubwiriza?
Gusoma Bibiliya: Yobu 9:1-21 (Imin. 4 cg itagezeho)
JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA
Kuganira n’umuntu ku ncuro ya mbere: wp16.2 16
—Vuga ibirebana no gutanga impano. (Imin. 2 cg itagezeho). Gusubira gusura: wp16.2 16—Shyiraho urufatiro rwo gusubira gusura. (Imin. 4 cg itagezeho).
Icyigisho cya Bibiliya: fg isomo rya 2 ¶6-8 (Imin. 6 cg itagezeho).
IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO
Indirimbo ya 114
Jya urangwa n’ubushishozi igihe uhumuriza abandi: (Imin. 15) Ikiganiro. Erekana videwo abasaza baherutse kureba mu Ishuri ry’Umurimo w’Ubwami riherutse kuba. Hanyuma usabe abateranye kuvuga ukuntu abo bavandimwe babiri batanze urugero rwiza rwo guhumuriza umuntu ufite agahinda yatewe no gupfusha.
Icyigisho cya Bibiliya cy’Itorero: ia igice cya 11 ¶12-20, n’agasanduku (Imin. 30)
Isubiramo no kuvuga muri make ibyo muziga mu cyumweru gitaha (Imin. 3)
Indirimbo ya 27 n’isengesho