20-26 Werurwe
YEREMIYA 8-11
Indirimbo ya 117 n’isengesho
Amagambo yo gutangira (Imin. 3 cg itagezeho)
UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA
“Abantu nta cyo bageraho batisunze Yehova”: (Imin. 10)
Yr 10:2-5, 14, 15—Imana z’abanyamahanga ni imana z’ibinyoma (it-1 555)
Yr 10:6, 7, 10-13—Yehova atandukanye n’imana z’ibinyoma kuko ari we Mana y’ukuri yonyine (w04 1/10 11 par. 10)
Yr 10:21-23—Abantu nta cyo bageraho batisunze Yehova (w15 1/9 15 par. 1)
Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 8)
Yr 9:24—Ni iki twagombye kwirata kandi kikadutera ishema? (w13 15/1 20 par. 16)
Yr 11:10—Kuki mu butumwa bw’urubanza Yeremiya yatanze yashyizemo n’ubwami bwo mu majyaruguru bwari bugizwe n’imiryango icumi, kandi Samariya yari yarafashwe mu mwaka wa 740 Mbere ya Yesu? (w07 15/3 9 par. 2)
Ni iki ibyo nasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru binyigisha ku byerekeye Yehova?
Ni ibihe bitekerezo nasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru nakwifashisha mu murimo wo kubwiriza?
Gusoma Bibiliya: (Imin. 4 cg itagezeho) Yr 11:6-16
JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA
Kuganira n’umuntu ku ncuro ya mbere: (Imin. 2 cg itagezeho) Urupapuro rutumira abantu mu Rwibutso, wp17.2 Ingingo y’ibanze.—Shyiraho urufatiro rwo gusubira gusura.
Gusubira gusura: (Imin. 4 cg itagezeho) Urupapuro rutumira abantu mu Rwibutso, wp17.2 Ingingo y’ibanze.—Shyiraho urufatiro rwo gusubira gusura.
Icyigisho cya Bibiliya: (Imin. 6 cg itagezeho) ll ipaji ya 4-5 (Umwigishwa ashobora kwihitiramo amafoto muganiraho.)—Mutumire mu Rwibutso.
IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO
Indirimbo ya 101
“Uko twakoresha agatabo Tega Imana amatwi uzabeho iteka”: (Imin. 15) Mubanze muganire kuri iyo ngingo mu gihe cy’iminota itanu, hanyuma werekane videwo igaragaza uko twayoborera umwigishwa isomo riri ku ipaji ya 8 n’iya 9, maze muyiganireho. Tera ababwiriza inkunga yo gukurikira mu dutabo twabo.
Icyigisho cya Bibiliya cy’Itorero: (Imin. 30) kr “Umutwe wa 3—Amahame y’Ubwami
—Bashaka gukiranuka kw’Imana” n’igice cya 10 ¶1-7 Isubiramo no kuvuga muri make ibyo muziga mu cyumweru gitaha (Imin. 3)
Indirimbo ya 35 n’isengesho