12-18 Werurwe
MATAYO 22-23
Indirimbo ya 30 n’isengesho
Amagambo yo gutangira (Imin. 3 cg itagezeho)
UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA
“Jya wumvira amategeko abiri akomeye kuruta ayandi”: (Imin. 10)
Mt 22:36-38—Iyi mirongo igaragaza ko kumvira itegeko rya mbere rikomeye kuruta ayandi bikubiyemo iki? (“umutima,” “ubugingo,” “ubwenge” ibisobanuro, Mt 22:37, nwtsty)
Mt 22:39—Ni irihe tegeko rya kabiri rikomeye kuruta ayandi? (“Irya kabiri,” “mugenzi wawe” ibisobanuro, Mt 22:39, nwtsty)
Mt 22:40—Ibyanditswe by’Igiheburayo byose bishingiye ku rukundo (“Amategeko yose n’ibyahanuwe,” “bishingiyeho” ibisobanuro, Mt 22:40, nwtsty)
Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 8)
Mt 22:21—“Ibya Kayisari” ni ibihe kandi se “iby’Imana” ni ibihe? (“ibya Kayisari mubihe Kayisari,” “iby’Imana mubihe Imana” ibisobanuro, Mt 22:21, nwtsty)
Mt 23:24—Ayo magambo ya Yesu asobanura iki? (“muminina umubu ariko ingamiya mukayimira bunguri” ibisobanuro, Mt 23:24, nwtsty)
Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru bikwigisha iki kuri Yehova?
Ni ibihe bintu bindi by’agaciro wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru?
Gusoma Bibiliya: (Imin. 4 cg itagezeho) Mt 22:1-22
JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA
Kuganira n’umuntu ku nshuro ya mbere: (Imin. 2 cg itagezeho) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro.
Videwo y’uko wasubira gusura bwa mbere: (Imin. 5) Erekana iyo videwo hanyuma muyiganireho.
Ikigisho cya Bibiliya: (Imin. 6 cg itagezeho) bhs 199 par. 8-9—Shishikariza umwigishwa gutumira mu Rwibutso abantu baziranye.
IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO
“Itoze gukunda Imana na bagenzi bawe”: (Imin. 15) Ikiganiro. Umvisha abateze amatwi agace ka darame yo gusoma Bibiliya ivuga ngo: “Yehova ni we Mana y’ukuri yonyine.” Basabe bakurikire muri Bibiliya zabo mu 1 Abami 18:17-46, kugira ngo bumve akamaro ko gusa n’abareba ibyo basoma muri Bibiliya.
Ikigisho cya Bibiliya k’itorero: (Imin. 30) jy igice cya 12
Isubiramo no kuvuga muri make ibyo muziga mu cyumweru gitaha (Imin. 3)
Indirimbo ya 52 n’isengesho