Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

19-25 Werurwe

MATAYO 24

19-25 Werurwe

UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA

  • Mukomeze kuba maso muri iyi minsi y’imperuka”: (Imin. 10)

    • Mt 24:12—Kubera ko kwica amategeko bizagwira, urukundo rw’abantu benshi ruzakonja (it-2 279 par. 6)

    • Mt 24:39—Gushaka imibereho bizatuma benshi bahangayika maze bareke kuba maso (w99 15/11 19 par. 5)

    • Mt 24:44—Umwana w’umuntu azaza mu gihe tutatekerezaga (jy 259 par. 4)

  • Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 8)

    • Mt 24:8—Ayo magambo ya Yesu asobanura iki? (“kuramukwa” ibisobanuro, Mt 24:8, nwtsty)

    • Mt 24:20—Kuki Yesu yavuze ayo magambo? (“mu gihe cy’imbeho,” “ku isabato” ibisobanuro, Mt 24:20, nwtsty)

    • Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru bikwigisha iki kuri Yehova?

    • Ni ibihe bintu bindi by’agaciro wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru?

  • Gusoma Bibiliya: (Imin. 4 cg itagezeho) Mt 24:1-22

JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA

  • Kuganira n’umuntu ku nshuro ya mbere: (Imin. 2 cg itagezeho) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro. Nyiri inzu azamure imbogamirabiganiro mukunze guhura na yo mu ifasi yanyu.

  • Gusubira gusura bwa mbere: (Imin. 3 cg itagezeho) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro. Usanze uwo mwaganiriye ubushize adahari, ariko hari mwene wabo.

  • Videwo y’uko wasubira gusura bwa kabiri: (Imin. 5) Erekana iyo videwo, hanyuma muyiganireho.

IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO