Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

26 Werurwe–1 Mata

MATAYO 25

26 Werurwe–1 Mata

UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA

  • Mukomeze kuba maso”: (Imin. 10)

    • Mt 25:1-6​—Abakobwa batanu b’abanyabwenge n’abandi batanu b’abapfapfa bagiye gusanganira umukwe

    • Mt 25:7-10​—Abakobwa b’abapfapfa ntibari bahari igihe umukwe yahageraga

    • Mt 25:11, 12​—Abakobwa b’abanyabwenge ni bo bonyine bemerewe kwinjira mu birori by’ubukwe

  • Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 8)

    • Mt 25:31-33​—Sobanura umugani w’intama n’ihene. (w15 15/3 27 par. 7)

    • Mt 25:40​—Twagaragaza dute ko dushyigikira abavandimwe ba Kristo? (w09 15/10 16 par. 16-18)

    • Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru bikwigisha iki kuri Yehova?

    • Ni ibihe bintu bindi by’agaciro wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru?

  • Gusoma Bibiliya: (Imin. 4 cg itagezeho) Mt 25:1-23

JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA

  • Gusubira gusura bwa kabiri: (Imin. 3 cg itagezeho) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro. Tumira uwo muntu mu Rwibutso.

  • Gusubira gusura bwa gatatu: (Imin. 3 cg itagezeho) Itoranyirize umurongo w’Ibyanditswe, kandi utange igitabo tuyoboreramo ibyigisho.

  • Disikuru: (Imin. 6 cg itagezeho) w15 15/3 27 par. 7-10​—Umutwe: Umugani w’intama n’ihene ugaragaza ute akamaro k’umurimo wo kubwiriza?

IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO