26 Werurwe–1 Mata
MATAYO 25
Indirimbo ya 143 n’isengesho
Amagambo yo gutangira (Imin. 3 cg itagezeho)
UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA
“Mukomeze kuba maso”: (Imin. 10)
Mt 25:1-6—Abakobwa batanu b’abanyabwenge n’abandi batanu b’abapfapfa bagiye gusanganira umukwe
Mt 25:7-10—Abakobwa b’abapfapfa ntibari bahari igihe umukwe yahageraga
Mt 25:11, 12—Abakobwa b’abanyabwenge ni bo bonyine bemerewe kwinjira mu birori by’ubukwe
Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 8)
Mt 25:31-33—Sobanura umugani w’intama n’ihene. (w15 15/3 27 par. 7)
Mt 25:40—Twagaragaza dute ko dushyigikira abavandimwe ba Kristo? (w09 15/10 16 par. 16-18)
Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru bikwigisha iki kuri Yehova?
Ni ibihe bintu bindi by’agaciro wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru?
Gusoma Bibiliya: (Imin. 4 cg itagezeho) Mt 25:1-23
JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA
Gusubira gusura bwa kabiri: (Imin. 3 cg itagezeho) Ifashishe uburyo bwo gutangiza ibiganiro. Tumira uwo muntu mu Rwibutso.
Gusubira gusura bwa gatatu: (Imin. 3 cg itagezeho) Itoranyirize umurongo w’Ibyanditswe, kandi utange igitabo tuyoboreramo ibyigisho.
Disikuru: (Imin. 6 cg itagezeho) w15 15/3 27 par. 7-10—Umutwe: Umugani w’intama n’ihene ugaragaza ute akamaro k’umurimo wo kubwiriza?
IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO
“Jya unoza ubuhanga bwawe bwo kubwiriza—Utoza abigishwa gutegura”: (Imin. 10) Ikiganiro. Erekana videwo igaragaza umubwiriza wereka umwigishwa wa Bibiliya uko yategura. Saba abateze amatwi kuvuga ubundi buryo bakoresheje kugira ngo bafashe abigishwa gutegura.
Kwakira abatumiwe: (Imin. 5) Disikuru ishingiye ku ngingo yasohotse mu Gatabo k’Iteraniro ry’Umurimo ko muri Werurwe 2016. Vuga inkuru z’ibyabaye mu gihe cy’Urwibutso rwo mu mwaka wa 2017. Vuga amabwiriza azakurikizwa mu Rwibutso ruzaba ku itariki ya 31 Werurwe, arebana no guparika imodoka, kwinjira no gusohoka aho Urwibutso ruzabera n’ibindi.
Ikigisho cya Bibiliya k’Itorero: (Imin. 30) jy igice cya 14
Isubiramo no kuvuga muri make ibyo muziga mu cyumweru gitaha (Imin. 3)
Indirimbo ya 79 n’isengesho