Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

5-11 Werurwe

MATAYO 20-21

5-11 Werurwe
  • Indirimbo ya 76 n’isengesho

  • Amagambo yo gutangira (Imin. 3 cg itagezeho)

UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA

  • Umuntu wese wifuza kuba ukomeye muri mwe, agomba kuba umukozi wanyu”: (Imin. 10)

    • Mt 20:3​—Abanditsi n’Abafarisayo bari abibone kandi bakundaga kwibonekeza no kuramukirizwa ‘mu isoko’ (“Isoko” amafoto, Mt 20:3, nwtsty)

    • Mt 20:20, 21​—Intumwa za Yesu ebyiri zamusabye imyanya y’icyubahiro no kugira ububasha (“nyina wa bene Zebedayo,” “umwe iburyo bwawe, undi ibumoso bwawe” ibisobanuro, Mt 20:20, 21, nwtsty)

    • Mt 20:25-28​—Yesu yavuze ko abigishwa be bagomba gukorera abandi bicishije bugufi (“umukozi,” “ataje aje gukorerwa, ahubwo yaje gukorera abandi,” ibisobanuro, Mt 20:26, 28, nwtsty)

  • Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 8)

    • Mt 21:9​—Igihe imbaga y’abantu yarangururaga ivuga iti: “Turakwinginze, kiza Mwene Dawidi!” yashakaga kuvuga iki? (“Turakwinginze, kiza,” “Mwene Dawidi” ibisobanuro, Mt 21:9, nwtsty)

    • Mt 21:18, 19​—Kuki Yesu yatumye igiti cy’umutini cyuma? (jy 244 par. 4-6)

    • Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru bikwigisha iki kuri Yehova?

    • Ni ibihe bintu bindi by’agaciro wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru?

  • Gusoma Bibiliya: (Imin. 4 cg itagezeho) Mt 20:1-19

JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA

IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO

  • Indirimbo ya 99

  • Ibikenewe iwanyu: (Imin. 5)

  • Ibyo umuryango wacu wagezeho: (Imin. 10) Erekana videwo yo muri Werurwe ivuga ngo: Ibyo umuryango wacu wagezeho.”

  • Ikigisho cya Bibiliya k’Itorero: (Imin. 30) jy igice cya 11

  • Isubiramo no kuvuga muri make ibyo muziga mu cyumweru gitaha (Imin. 3)

  • Indirimbo ya 53 n’isengesho