UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA
Amasomo tuvana ku nkambi y’Abisirayeli
Abagabo babaga bafite inshingano bafataga iya mbere mu murimo wera (Kb 7:10; it-1 497 par. 3)
Abagaragu b’Imana bakwiriye kugira gahunda (Kb 7:11; it-2 796 par. 1)
Yehova azi aho ubushobozi bwacu bugarukira (Kb 8:25, 26; w04 1/8 25 par. 1)
Yehova yashyize Abisirayeli kuri gahunda. Muri iki gihe na bwo ashyira abagaragu be kuri gahunda. Icyakora, yita ku byo buri mugaragu we akora kandi akabona imihati ashyiraho ngo akomeze kumukorera.