JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA
Uburyo bwo gutangiza ibiganiro
Gahunda yo gutumira abantu mu Rwibutso (27 Gashyantare–27 Werurwe)
“Twifuza kugutumira mu munsi mukuru w’ingenzi wo kwibuka urupfu rwa Yesu.” Muhereze [cyangwa umwoherereze] urupapuro rw’itumira. “Uru rupapuro rugaragaza igihe n’aho bizabera [cyangwa uko wakurikira amateraniro wifashishije interineti]. Nanone tugutumiriye kuzumva disikuru yihariye izatangwa mu cyumweru kibanziriza uwo munsi mukuru.”
Icyo muzaganiraho ubutaha niba yashimishijwe: Mwereke videwo ivuga ngo: “Kwibuka urupfu rwa Yesu” [cyangwa uyimwoherereze ukoresheje interineti].
Icyo muzaganiraho ubutaha: Kuki Yesu yapfuye?
Kuganira n’umuntu bwa mbere
Ikibazo: Yesu yari muntu ki?
Umurongo w’Ibyanditswe: Mt 16:16
Icyo muzaganiraho ubutaha: Kuki Yesu yapfuye?
REBA UYU MURONGO MU BIKORESHO BIDUFASHA KWIGISHA:
Gusubira gusura
Ikibazo: Kuki Yesu yapfuye?
Umurongo w’Ibyanditswe: Mt 20:28
Icyo muzaganiraho ubutaha: Twagaragaza dute ko duha agaciro igitambo k’inshungu cya Yesu?
REBA UYU MURONGO MU BIKORESHO BIDUFASHA KWIGISHA: