13-19 Werurwe
1 IBYO KU NGOMA 27-29
Indirimbo ya 133 n’isengesho
Amagambo yo gutangira (Umun. 1)
UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA
“Inama nziza umubyeyi yagiriye umuhungu we”: (Imin. 10)
Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana: (Imin. 10)
1Ng 27:33—Ni gute Hushayi yatubereye urugero rwiza rwo kubera indahemuka inshuti zacu? (w17.03 29 par. 6-7)
Ibyo wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru byakwigishije iki kuri Yehova, ku murimo wo kubwiriza n’ibindi?
Gusoma Bibiliya: (Imin. 4) 1Ng 27:1-15 (th ingingo ya 10)
JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA
Videwo y’uko wasubira gusura: (Imin. 5) Ikiganiro. Erekana videwo ivuga ngo: “Gusubira gusura: Yesu—Mt 20:28.” Jya uyihagarika maze ubaze ibibazo biri muri iyo videwo.
Gusubira gusura: (Imin. 4) Subira gusura umuntu wahaye urupapuro rumutumira mu Rwibutso maze akagaragaza ko ashimishijwe. Muganire kuri videwo ivuga ngo: “Kuki Yesu yapfuye?” nk’aho mumaze kuyireba ariko ntuyimwereke. (th ingingo ya 9)
Gusubira gusura: (Imin. 4) Subira gusura umuntu wahaye urupapuro rumutumira mu Rwibutso maze akagaragaza ko ashimishijwe. Mutangize icyigisho cya Bibiliya mu gatabo Ishimire Ubuzima Iteka Ryose. (th ingingo ya 6)
IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO
Ibikenewe iwanyu: (Imin. 5)
Ibyo umuryango wacu wagezeho: (Imin. 10) Erekana videwo yo muri Werurwe ivuga ngo: “Ibyo umuryango wacu wagezeho.”
Icyigisho cya Bibiliya cy’Itorero: (Imin. 30) lff isomo rya 40
Amagambo yo gusoza (Imin. 3)
Indirimbo ya 45 n’isengesho