22-28 Mata
ZABURI 32-33
Indirimbo ya 103 n’isengesho | Amagambo yo gutangira (Umun. 1)
1. Kuki twagombye kuvuga ibyaha bikomeye twakoze?
(Imin. 10)
Igihe Dawidi yageragezaga guhisha ibyaha yakoze, wenda harimo n’icyo yakoranye na Batisheba, yarahangayitse cyane (Zab 32:3, 4; w93 15/3 9 par. 7)
Dawidi yabwiye Yehova ibyaha yakoze maze Yehova aramubabarira (Zab 32:5; cl 262 par. 8)
Dawidi yumvise atuje igihe Yehova yari amaze kumubabarira (Zab 32:1; w01 1/6 30 par. 1)
Mu gihe dukoze icyaha gikomeye, tugomba kucyatura tukemera ko twacumuye kuri Yehova kandi tukamusaba imbabazi. Nanone tugomba gusaba abasaza bakadufasha kongera kugirana ubucuti na Yehova (Yak 5:14-16). Iyo tubikoze, Yehova atuma twongera kugira imbaraga.—Ibk 3:19.
2. Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana
(Imin. 10)
Zab 33:6—“Umwuka” wo mu kanwa ka Yehova ni iki? (w06 15/5 20 par. 1)
Ni ibihe bintu by’agaciro wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru wifuza kubwira abandi?
3. Gusoma Bibiliya
(Imin. 4) Zab 33:1-22 (th ingingo ya 11)
4. Kwicisha bugufi—Ibyo Pawulo yakoze
(Imin. 7) Ikiganiro. Murebe VIDEWO, hanyuma muganire ku gatabo lmd isomo rya 4, ingingo ya 1-2.
5. Kwicisha bugufi—Jya wigana Pawulo
(Imin. 8) Ikiganiro gishingiye ku gatabo lmd isomo rya 4 ingingo ya 3-5 n’ahavuga ngo: “Reba nanone.”
Indirimbo ya 74
6. Ibikenewe iwanyu
(Imin. 15)
7. Icyigisho cya Bibiliya cy’itorero
(Imin. 30) bt igice cya 8 par. 22-24 n’agasanduku ko ku ipaji ya 67