Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

22-28 Mata

ZABURI 32-33

22-28 Mata

Indirimbo ya 103 n’isengesho | Amagambo yo gutangira (Umun. 1)

UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA

1. Kuki twagombye kuvuga ibyaha bikomeye twakoze?

(Imin. 10)

Igihe Dawidi yageragezaga guhisha ibyaha yakoze, wenda harimo n’icyo yakoranye na Batisheba, yarahangayitse cyane (Zab 32:3, 4; w93 15/3 9 par. 7)

Dawidi yabwiye Yehova ibyaha yakoze maze Yehova aramubabarira (Zab 32:5; cl 262 par. 8)

Dawidi yumvise atuje igihe Yehova yari amaze kumubabarira (Zab 32:1; w01 1/6 30 par. 1)

Mu gihe dukoze icyaha gikomeye, tugomba kucyatura tukemera ko twacumuye kuri Yehova kandi tukamusaba imbabazi. Nanone tugomba gusaba abasaza bakadufasha kongera kugirana ubucuti na Yehova (Yak 5:14-16). Iyo tubikoze, Yehova atuma twongera kugira imbaraga.—Ibk 3:19.

2. Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana

(Imin. 10)

  • Zab 33:6​—“Umwuka” wo mu kanwa ka Yehova ni iki? (w06 15/5 20 par. 1)

  • Ni ibihe bintu by’agaciro wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru wifuza kubwira abandi?

3. Gusoma Bibiliya

JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA

4. Kwicisha bugufi​—Ibyo Pawulo yakoze

(Imin. 7) Ikiganiro. Murebe VIDEWO, hanyuma muganire ku gatabo lmd isomo rya 4, ingingo ya 1-2.

5. Kwicisha bugufi​—Jya wigana Pawulo

IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO

Indirimbo ya 74

6. Ibikenewe iwanyu

(Imin. 15)

7. Icyigisho cya Bibiliya cy’itorero

Amagambo yo gusoza (Imin. 3) | Indirimbo ya 39 n’isengesho