Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

25-31 Werurwe

ZABURI YA 22

25-31 Werurwe

Indirimbo ya 19 n’isengesho | Amagambo yo gutangira (Umun. 1)

UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA

Abasirikare barimo gukora ubufingo ngo bamenye utwara ikanzu ya Yesu

1. “Bibiliya yahanuye byinshi ku rupfu rwa Yesu”

(Imin. 10)

Yesu yari gusa naho atereranywe (Zab 22:1; w11 15/8 15 par. 16)

Yesu yari kuzatukwa (Zab 22:7, 8; w11 15/8 15 par. 13)

Abantu bari gukora ubufindo kugira ngo babone uko bagabana imyenda ya Yesu (Zab 22:18; w11 15/8 15 par. 14; reba ifoto yo ku gifubiko)

IBAZE UTI: ‘Ni mu buhe buryo Zaburi ya 22 yanyemeje ko n’ubundi buhanuzi buvuga ibya Mesiya, urugero nk’ubuvugwa muri Mika 4:4, buzasohora mu buryo bwuzuye?’

2. Gucukumbura ibintu by’agaciro byo mu Ijambo ry’Imana

(Imin. 10)

  • Zab 22:22—Ni ibihe bintu bibiri twakora muri iki gihe, twigana umwanditsi wa zaburi? (w06 1/11 29 par. 7; w03 1/9 20 par. 1)

  • Ni ibihe bintu by’agaciro wasomye muri Bibiliya muri iki cyumweru wifuza kubwira abandi?

3. Gusoma Bibiliya

JYA URANGWA N’ISHYAKA MU MURIMO WO KUBWIRIZA

4. Gutangiza ikiganiro

(Imin. 3) KUBWIRIZA KU NZU N’INZU. (lmd isomo rya 4, ingingo ya 4)

5. Gusubira gusura

(Imin. 4) KUBWIRIZA MU BURYO BUFATIWEHO. Gusubira gusura umuntu muziranye, wemeye urupapuro rumutumira mu rwibutso (lmd isomo rya 4 ingingo ya 3)

6. Disikuru

(Imin. 5) w20.07 12-13 par. 14-17—Umutwe: Ni mu buhe buryo ubuhanuzi bwo muri Bibiliya butuma tugira ukwizera gukomeye? (th ingingo ya 20)

IMIBEREHO IKWIRIYE ABAKRISTO

Indirimbo ya 95

7. Ibikenewe iwanyu

(Imin. 15)

8. Icyigisho cya Bibiliya cy’itorero

Amagambo yo gusoza (Imin. 3) | Indirimbo ya 53 n’isengesho