“Ubuzima nyabwo”
Vanaho:
1. Nubuye amaso ndeba ku bicu, mbona ko bidasanzwe.
Ntabwo dutinya, twese turi kumwe.
Muze twitemberere.
Reka tuzamuk’imisozi ifit’ubwiza.
Buri mpano yose dufite iva ku Mana.
(IMBANZIRIZA NYIKIRIZO)
Gus’ubu twifuza kubona umunsi
(INYIKIRIZO)
Tuzishima tubonye isi mbi ivuyeho.
Data Yah Yehova naduha ubuzima nyabwo
Muri paradizo.
2. Twese hamwe duhindur’iyi si, byose byabaye bishya.
Reba nawe buri wese yasetse, arishimye by’ukuri.
Nta marira na mba keretse ay’ibyishimo.
Uzanezezwa no kuba mw’isi nshya rwose.
(INYIKIRIZO)
N’ukuri
Tuzishima tubonye isi mbi ivuyeho.
Data Yah Yehova naduha ubuzima nyabwo.
Muri paradizo.
(IKIRARO)
Gus’ubu nezezwa no kwibona mw’isi nshya.
Vub’aha paradizo twifuzaga izaza.
(NYIKIRIZO)
Byizere,
Tuzishima tubonye isi mbi ivuyeho.
Data Yah Yehova naduha ubuzima nyabwo.
Muri paradizo!
(INYIKIRIZO)
Rwose. Tuzishima tubonye isi mbi ivuyeho.
Data Yah Yehova naduha ubuzima nyabwo.
Muri paradizo.
(UMUSOZO)
Ni nziza, ni nziza
Paradizo.
Ni nziza, ni nziza
Paradizo.
Ni nziza, ni nziza
Paradizo.
Ni nziza, ni nziza
Paradizo.