Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Aratuzi

Aratuzi

Vanaho:

  1. 1. Tutaravuka, ngo tuze ku iyi si,

    Igihe twari mu nda ya mama,

    Yehova we yari azi uko

    N’umutima wacu utera

    Ese wabyiyumvisha?

    (INYIKIRIZO)

    Azi uko njye nawe tumeze,

    Twiyumva, igihe tunababaye,

    Ndetse n’iyo tunishimye.

    Azi ibyo njye nawe twifuza,

    Dusaba n’iyo bitugoye

    Kubisobanura byose.

  2. 2. Ni umubyeyi udukunda njye nawe,

    Wita ku mico yacu myiza

    Kandi anabona ko dukwiye

    Kuzaba muri paradizo.

    Yehova aradukunda

    (INYIKIRIZO)

    Azi uko jye nawe tumeze,

    Twiyumva, igihe tunababaye,

    Ndetse n’iyo tunishimye.

    Azi ibyo njye nawe twifuza,

    Dusaba n’iyo bitugoye

    Kubisobanura byose.

    (IKIRARO)

    Ngaho dutumbire Yah twibuke ko adukunda,

    Tumusenge, senga niduhangayika tubibwire Yah Yehova

    Ntitugire ubwoba, Yah azatuba hafi.

    (INYIKIRIZO)

    Azi uko njye nawe tumeze,

    Twiyumva, Igihe tunababaye,

    Ndetse n’iyo tunishimye.

    Azi ibyo njye nawe twifuza,

    Dusaba n’iyo bitugoye

    Kubisobanura.

    (INYIKIRIZO)

    Oh, azi uko njye nawe tumeze,

    Twiyumva, igihe tunababaye,

    Ndetse niyo tunishimye.

    Azi ibyo njye nawe twifuza,

    Dusaba n’iyo bitugoye

    Kubisobanura byose