Umuryango wacu w’abavandimwe
Hashize imyaka igera hafi ku 2.000 Abakristo bahawe itegeko rigira riti “mukunde umuryango wose w’abavandimwe.” Ese Abahamya ba Yehova bakora iki ngo bakurikize iryo tegeko? Iyi videwo igaragaza ibintu bitatu bakora kugira ngo bagere kuri iyo ntego 1) bakora umurimo wo kubwiriza, 2) bafasha abagwiririwe n’amakuba, kandi 3) bateranira hamwe kugira ngo basenge Yehova Imana.
Ibindi wamenya
INKURU ZICUKUMBUYE
Abahamya ba Yehova babwiriza ubutumwa bwiza
Abahamya bazwiho gukora umurimo wo kwigisha Bibiliya ku isi hose. Uwo murimo ukorwa ute, ukayoborwa na nde kandi ugaterwa inkunga na nde?